Wednesday 17 August 2011

2. UMUCO KARANDE W'UBWOKO BG'ABANYAMURENGE

2. UMUCO KARANDE W’UBWOKO BG’ABANYAMURENGE.
A) Abanyamurenge, n’ubgoko butuye Iburasirazuba bga R.D Congo muri Sud Kivu,batuye muma Zone atatu: Zone Uvira, Zone Fizi, Zone Mwenga. Inkomoko yabo Abenshi baturutse mu Rwanda n’Iburundi, bavuga Ururimi rw’ikinyamulenge, nimvugo irihagati y’ikinyarwanda n’ikirundi, ntatandukaniro rinini ririhagati yizondimi uko arizitatu , umwe iyo avuze undi aramwunva,ntibisaba umusobanuzi mugihe umweavuze.

B) Abanyamurenge nubgoko bumwe mumoko y’abatutsi atuye muri Congo . nkuko abatutsi aribenshi mubihugu bitandukanye, subgoko buvuga ikirundi cangwa ikinyarwanda. Oya, nubgoko buvuga Ikinyamurenge. Izonvugo zishaka gusa nicogituma benshi batazunva bagira ngo nirumwe murizo, ariko haritandukaniro rinini muburyo uzunva iyo umwe abumbuye akanwa kuvuga ahita azisobanura ukoziri.

C) Abanyamulenge nubgoko bugira umuco. Umuco wabo urasa
nuwagikristo benshi muribo 99% nabakizwa. Umuco wabo baribasanganwe batarakizwa. Bamazegukizwa ntabyinshi bahinduye: Barinfura, barinyangamugayo, barabanyakuri, bagiraga ubumwe, barakundanaga, barasabanaga mutuntu nutundi, baragabiranaga, bakambarana, bagashumbushanya, umwe iyoyagiraga ikibazo cangwa ikibazo rusange bose baragihagurukiraga bakagikemurira hamwe. bagira umuco kandi umuco wabo nimwiza.

D) Abanyamurenge nubgoko butashakanaga nandi moko, barashakanaga bonyine mumirara yabo uko ingana. Ariko kubera impanvu zokuvamugihugu kubera impanvu zitandukanye, iyobagiye bashakana nayandi moko duturanye, na Abanyarwanda,Abarundi nadimoko.


E) Abanyamurenge nubgoko butaryaga ikintu icarico cose bagiraga ibyabarya nibyo batarya kurugero: Ntibaryaga Intama, Ingurube, Isungura,nutundi,dupysisi twose abaturanyi bacu baryaga. dufite ijanjya kd zituza, inkima, ishokwe, ikidasi nimbeba nishindi, Inkoko, Amagi…. Kd ntibasangi n’umuntu uwariwe wese, banenaga: abakwe, abishwa, nandimoko badahuje umuco . Abantu kubera kugendagenda bamwe kunena byarashize kubamaze guta umuco bararya byose kd bagasangira naburiwese.ariko uko kunena gutandukanye nukobanena abanyamahanga barya utwo dupysisi tundi twavuze haruguru, ibo kwarukwanga gusangira nabo kuko umuco utabyemera bishaka. .

F) Abanyamurebge nubgoko butaribuzi Imana basengaga Ryangombe (Ikigirwamana ) Umugabo yitwariraga urugorwe, iyo yahazaga Kubwiyompanvu bamaze gukizwa, basanga ibyo agakiza kabasaba, ntatandukaniro riniri numuco wabo. Benshi kutabitahura bakagira ngw’abanyamurenge ntamuco bagira, ariko Abanyamurengebagira umuco karande wabo.


Iyo babaga bari mumakutano bakanezerwa uwuzuye umwuka arahaguruka akavuza impundu cg akavuga ibigwi by’Imana


Abanyamurenge naraborozi cyane aborozi b’inka, nanubu nubwo benshi muri bo bagiye mumijyi usanga bamwe borora inka nandi matungo .

2 comments: