Monday 12 September 2011

INGARUKA ZO KUTAGIRA IGIHUGU

Nkuko abize ibyiyoboka mana babivuga akenshi ko umugisha imana itanga ari IGIHUGU,niyo mpamvu akenshi iyo abantu batswe ubwenegihu nigihugu runaka usanga, bangwa aho bageze hose ndetse aho bavuze akarengane kabo ntibumvirwe kuko ibintu byose ubu bisigaye bishingiye kubukungu, mbese iyo mudaite igihugu ubukungu nabwo ntabwo muba mufite.
IGIHUGU nimwe mumigisha imana itanga kubantu, bitavuze ko ntawe imana itahaye igihugu, gusa abantu nibo bakwaka ubwenegihugu, kubwimamvu zamateka, idini,ibara ryuruhu rwawe nibindi......

gusa imana iba yaratanze igihugu kubantu bose, gusa zimwe mungaruka umushakashatsi Jean Pierre yashize mugitabo cye yavuze ko iyo udafite igihugu,( yavuze ko ntamuntu utagira ubwene gihugu usibyeko habaho kubwirengangiza kenshi ubisanga kumugabana wa africa.)

1. uba usa nkaho ntaho ubarizwa hano kwisi,
2. ntajambo ugira mubantu kuko uba usa nkaho uri inyamanswa udafite uruhare kukuyobora ubutaka, nibintu
3. nta vision ushobora kugira kuko ntaho uyigirira ( muburyo burambye)
4. isambu ubona ntiba iyawe nabazagukomokaho bose kubera iyo uri umunyamahanga aho uguze ikibanza akenshi cyitwa ubukode
5. amateka yawe aba limite
6. ntamurage utanga.
7. umuco wanyu urabura( urashira)
8. bagukoresha ico bashatse kuko udafite ahandi wajya
9.uba usa numuntu wanyazwe
10. uhora mukwibaza aho ukomoka( igihugu cyakwatse ubwenegihugu, uburyo wabubona.....) mugihe abandi bari kuzamura ubukungu, education, santé, nibinndi byinshi byiterambere)
11. ubukene buba bwinshi kurubwo bwoko( abana ntibiga, indwara zibanyinshi kubera ubuhungiri nibindi..)
12. nibndi tuzaza kubona mugice cya 2


Gusa igisubizo gishobora kuboneka nkuko ubitekereza nikihe?
nkuko mbibona cgse mbitekereza nuko abo muri ubwo bwoko bagomba kuboneka bamwe batanga ibyabo, batanga amaraso yabo, batanga umwanya wabo,babyiyemeza muribo bakaburwanira nkoku Nehemiya yitanze areka ibindi byose ajya kurwanira abiwabo nkinke ziwabo zari zarasenwe,
niko natwe tugomba kureka kureba kunyungu dufite ubu, kubiteye ubwoba biho ubu nibindi bicya ntege tukarwanira igihugu cyacu tukitwa abaco, tugasubizwa ibyacu byari byaranyazwe, ndetse tugatura ahacu hakitwa ahacu.... tukarya imbuhu nimishiba, ibyumfa, nimishishiri, za fungo, isogo, inkeri, amasonga ibituku nibindi bitaboneka ahandi mubihugu ataniyemo
ESE MWE NTIMUBONA KO TUMEZE NABI!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!

No comments:

Post a Comment